Search

Niba uvuye mu kazi kawe unaniwe kubera iki wahita ugasubiramo kandi uri mu rugo? Fata akanya ubanze uruhure umutwe usome utuntu tumwe na tumwe, birafasha.

Rimwe na rimwe ngira ibitekerezo bitandukanye nkumva nabisangiza abandi. Menya ni uburyo bumfasha gusangiza ubumenyi, n’utundi tuntu abandi bantu. Ariko ntugire ikibazo ntago nzana ibyerekeye akazi.

Fata umwanya usome ubundi wishime, biragufasha!

Ufite igitekerezo cyangwa se inyunganizi wanyandikira kuri email ya [email protected]. Cyangwa se ukanyandikira kuri WhatsApp: 0736282582

Skip to content