Search

Tweets udakwiye gucikwa gusoma zerekeye Amavubi na Togo

Inshamake

Kwamamaza
Kwamamaza

Ni koko ngo “Imana yirirwa ahandi igataha I Rwanda”. Niko byagenze mu marishanwa ya CHAN, ntabeshye byari nko kubonekerwa ku ikipe itari yakabonye igitego na kimwe kubona itsinze kubona itsinze ibitego 3.

Uyu ntago wari umunsi usanzwe ugereranyije n’ukuntu itsinda ry’u Rwanda ryari rihagaze, muri macye twavuga ko habaye ibijya gusa nk’igitangaza.

Reka dushimire abakinnyi ku bw’ubwitange bagize bakazana insinzi bakabasha gukomeza, ariko nanone reka twigarukire ku rundi ruhande rw’abafana cyane cyane b’urubuga rwa Twitter kuko naho byari ibicika.

Reka turebe tweets zitangaje cyangwa se zisekeje abantu bagiye bandika zerekeranye n’iyi nsinzi. Ikintu nakwifuriza ni uko zitagucika utaziteyeho akajisho.

1. Fora mfana nte? Nta kwereka abantu ko ufana(low key)…

2. Mu ntego 3 z’igihugu harimo no “Gukunda igihugu”

3. Uuuhhm!.. Niyo mpamvu ubu ndi mu buriri none aha.

4. Afande yubahwe… gahunda ni ejo.

5. Namaze iminota 30 n’amasegonda 42 nkibyibazaho.

6. Buriya nihitiraga, reka turebe!

7. Hahiye… ni ibihe bidasanzwe!

8. Hazagire uyidufatire tuyiceke

9. Ka kazi gasaba ingufu nyinshi burya!

https://twitter.com/ay_kennedy/status/1354184594745126917?s=21

10. Mu nzu niho COVID-19 iri kubarizwa se?

Ngayo nguko, Twitter ntitana n’ubudasa kandi n’ibindi biracyaza. Dushimiye amavubi kubw’ubwitange yagaragaje akaba ajyeze 1/4 cy’iramgiza.

Ntugacikwe n'inkuru zigezweho

Ushobora kumenya inkuru nshya zageze kuri Menya.co.rw n’ibindi bintu by’ubwenge.

Wemeye ko email uduhaye tuzayifashisha mu kukugezaho inyandiko, inkuru cyangwa se izindi nyandiko za Menya.co.rw byonyine.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZINDI NKURU

Facebook

@menyarw

Twitter

@menyarw

Instagram

@menya.co.rw

Kwamamaza
Kwamamaza

Ntugacikwe n'inkuru zigezweho

Ushobora kumenya inkuru nshya zageze kuri Menya.co.rw n’ibindi bintu by’ubwenge.

Wemeye ko email uduhaye tuzayifashisha mu kukugezaho inyandiko, inkuru cyangwa se izindi nyandiko za Menya.co.rw byonyine.

Kwamamaza
Kwamamaza
Ese waba kunda kureba Filime?
Akira iki gitabo ujye ureba filime ushaka iyo ariyo yose igihe cyose ushakiye kandi mu buryo bworoshye.
Ese waba kunda kureba Filime?
Akira iki gitabo ujye ureba filime ushaka iyo ariyo yose igihe cyose ushakiye kandi mu buryo bworoshye.
Skip to content